letras.top
a b c d e f g h i j k l m n o p q r s t u v w x y z 0 1 2 3 4 5 6 7 8 9 #

letra de byakubaho - amalon

Loading...

[refrain]

ibyo uvuga ngo narasaze
nuko utarakunda
ndabizi njye uzabimbaze

nanjye si uku nari meze
mbere yuko nkunda
sinzi uko byaje
nawe byakubaho

byakubaho
nukuri byakubaho
uri umuntu byakubaho
(nkubwize ukuri rwose byakubaho)

[verse 1]

sinumvuga ko nanarira
undiza ari nawe umpoza
urankunda maze nshira inyota

h mama eh mama ah
yamakoti niguriraga
ubu sinkiyikoza
ooohh no no
(mbanza kureba ibye)

inshuti zanjye zose
zihora zimbaza
nga amalon wagiye he?

batazi ko umwana
ankunda yantwaye umutimaaa’

oh oh oh oh iyo eh …

i love her and she love me back
nukuri azi gukunda yoo
yeee mamama wee aahhh

[refrain]

ibyo uvuga ngo narasaze
nuko utarakunda
ndabizi njye uzabimbaze

nanjye si uku nari meze
mbere yuko nkunda
sinzi uko byaje
nawe byakubaho

byakubaho
nukuri byakubaho
uri umuntu byakubaho
(nkubwize ukuri rwose byakubaho)

[verse 2]

uri umuntu
benshi barabyumva bakanenga
ko inbyurukundo ari amacenga
bakavunga ngo ndikubeshya

suko mbibona
narakunze ndacurama
arko sinigeze nicuzaa
kuko urukundo ari urwambere
ubuki burarura iyo ufite ugukunda
oh yeah akuvugisha neza … yeah ye

[refrain]

ibyo uvuga ngo narasaze
nuko utarakunda
ndabizi njye uzabimbaze

nanjye si uku nari meze
mbere yuko nkunda
sinzi uko byaje
nawe byakubaho

byakubaho
nukuri byakubaho
uri umuntu byakubaho
(nkubwize ukuri rwose byakubaho)

byakubaho
nukuri byakubaho
uri umuntu byakubaho
(nkubwize ukuri rwose byakubaho)

yeee mamama

letras aleatórias

MAIS ACESSADOS

Loading...