
letra de mbwira - e.t. ndahigwa
[e.t. ndahigwa]:
mbwira, n’umunyu kugisebe?
kuno dushwana
nibi turimo aha kubakana
nuku bigenda?
iminsi nagukunze iruta iyi yindi
kuki ntareba?
tumanuke ahabi gusa tube hamwe
bizatuma aheza hatunyura kimwe
sinak-mva ibyo bavuga
njye ndabizi uratandukanye
aho ushatse hose wahagera
ako kana ntikagufera
icyo nshaka ubu n’amahera
ara ballinga ni nka butera
aho n’isanga ni là où t’es
you put that sh-t on usa nka bicye
all of my shows she be with the gang
all of my feelings are still the same
i don’t care bout pda
you looking dangerous
give me the eta
i’ll make you famous
yeah, i don’t care about no pda
you looking dangerous
give it to e.t., i’ll make you famous
that body dangerous
say that she love me i’m still the same
but baby look deeper
my past it still haunts me, i’m still a n-gga
just let me know if i can come and see you
ibyo nakoze to get here sinabikira
nubwo wagenda uzangarukira
yeah, huh, nubwo wagenda uza- uh
say that she love me, i’m still the same, but baby look deeper
my past it still haunts me, i’m still a n-gga
just let me know if i can come see ya
ibyo nakoze to get here sinabikira
nubwo wagenda uzangarukira
woah, woah, nubwo wagenda uzangarukira
say that she love me, i’m still the same, but baby look deeper
my past it still haunts me, i’m still a n-gga
just let me know if i can come see ya
ibyo nakoze to get here sinabikira
nubwo wagenda uzangarukira
yeah, yeah
[sema sole]:
mbwira, n’umunyu kugisebe?
kuno dushwana
nibi turimo aha kubakana
nuku bigenda?
iminsi nagukunze iruta iyi yindi
kuki ntareba?
tumanuke ahabi gusa tube hamwe
bizatuma aheza hatunyura kimwe
mbwira, n’umunyu kugisebe?
kuno dushwana
nibi turimo aha kubakana
nuku bigenda?
iminsi nagukunze iruta iyi yindi
kuki ntareba?
tumanuke ahabi gusa tube hamwe
bizatuma aheza hatunyura kimwe
itonde tudahubuka
si cyera nahize kubanza
umutwe aho umutima wakunze
kuko amaranga mutima nayo ajyashukana
ntago nabyanganga, ahubwo buriya
niko kubikunda biramba
seka ariko ubona imbere imyaka icumi
naho ibyubu byo birashira
ahandi icy’imana igushakaho ukomeze usenge bucye mumenyane
mama ahora anyibutsa ibyo nshyira imbere
gusa njye navuze ko mpisemo wowe
(buretse ahandi)
mama ahora anyibutsa ibyo nshyira imbere
gusa njye navuze ko mpisemo wowe
[sema sole & e.t. ndahigwa]:
mbwira, n’umunyu kugisebe? (sinak-mva ibyo bavuga)
kuno dushwana
nibi turimo aha kubakana
nuku bigenda?
iminsi nagukunze iruta iyi yindi
kuki ntareba? (aho n’isanga ni là où t’es)
tumanuke ahabi gusa tube hamwe
bizatuma aheza hatunyura kimwe
letras aleatórias
- letra de paranoid - lux holm & glaceo
- letra de days of nothing (full band winter version) - chokebore
- letra de jewel of the garden - alxandah
- letra de sangue al cuore - nomadi & omnia symphony orchestra
- letra de kleur - maluku
- letra de molly - ian thomas
- letra de oceanum - ring hollow
- letra de too bad about the fire - the jesus lizard
- letra de you - vict molina
- letra de hikikomori - rav